AMASOMO: Dt 30, 10-14; Ps 18; Col 1, 15-20; Lc 10, 25-37. Burya ahantu hose hari abantu barenze umwe, kugirango hatagira ubangamirwa, bisabako bagira amabwiriza cyangwa amategeko bahuriraho, n’aho ubundi bitabaye ibyo ubuzima ntibwakoroha. Abatuye urugo bagira amategeko bahuriraho. Habaho itegeko rigenga umurimo bityo bigatuma umukozi n’umukoresha babana nta we ubangamiwe to facilitate the patient’s […]