Umwe mu banzi bakomeye Muntu ashobora kugira, ni inzara. Inzara ntirobanura. Waba uri umwana cyangwa uri umuntu mukuru. Waba warize ukaminuza cyangwa utazi gusoma no kwandika. Waba umwirabura cyangwa umuzungu, ntawe inzara itinya. Ndetse abatari bake inzara ibatera guhemuka. Abandi bagatongana bakamera nk’abatarigeze narimwe guhaga, bikabaviramo gutuka Imana. Imyitwarire nk’iyo, niyo yaranze Abayisiraheri…Continue reading TUZIRIKANE IJAMBO RY’IMANA,ICYUMWERU CYA 18 GISANZWE,B.