Ubwo isi yose ihangayikishijwe n’icyorezo cya Corona virusi (Covid-19), u Rwanda rwafashe ingamba zo gukumira icyo cyorezo hafatwa ingamba zirimo gusaba ko abantu baguma mu ngo mu rwego rwo kwirinda ikwirakwizwa ryayo. Abantu benshi bari batunzwe no gukora akazi k’umunsi ku munsi (bita Nyakabyizi) bagize ibibazo by’imibereho. Mu bagizweho ingaruka zikomeye harimo abakoraga umwuga wo […]