“Haguruka kuko nkugize umuhamya w’ibyo wabonye” (Int 26, 16) Aya magambo dusanga mu gitabo cy’Ibyakozwe n’Intumwa, umutwe wa makumyabiri na gatandatu umurongo wa cumi na gatandatu, niyo nsanganyamatsiko urubyiruko Gaturika rwa Diyosezi ya Cyangugu ruri kugenderaho muri forumu y’iminsi ibiri iri kubera muri Diyosezi ya Cyangugu kuva taliki ya 12 Kanama kugera 14 Kanama 2022 […]