Umuhango wo guha umugisha icumbi ry’abapadiri muri Paruwasi Gatolika ya Runyanzovu

Ku cyumweru tariki ya 14/7/2024, kuri Paruwasi Gatolika ya Runyanzovu habereye umuhango wo guha umugisha Icumbi ry’Abapadiri. Ni umuhango wayobowe na Musenyeri Edouard Sinayobye, Umushumba wa Diyosezi Gatolika ya Cyangugu, aherekejwe na Musenyeri Ignace Kabera igisonga cy’Umwepisikopi, abasaserdoti, abihayimanana, inshuti za Diyosezi zo mu gihugu cya Autriche zirangajwe imbere na Madamu Traude, abayobozi b’imirenge ya…Continue reading Umuhango wo guha umugisha icumbi ry’abapadiri muri Paruwasi Gatolika ya Runyanzovu

Abanyamuryango b’Umutima Mutagatifu wa Yezu bahuriye i Mushaka mu  gikorwa cy’urukundo

Ku wa kabiri,  tariki ya 24/10/2023, abanyamuryango b’UUmuryango w’Umutima Mutagatifu wa Yezu ku rwego rwa Diyosezi ya Cyangugu, bakoze ubutumwa muri Paruwasì ya Mushaka, Santrali ya Rwinzuki, aho basakariye inzu uwitwa Valentine NYIRABWIMANA ubana n’abana babiri mu nzu yavaga cyane kubera ubusaze. Muri iki gihe cy’imvura bararaga basembera kubera kunyagirwa. Padiri Dusenge Issa Moïse, Omoniye…Continue reading Abanyamuryango b’Umutima Mutagatifu wa Yezu bahuriye i Mushaka mu  gikorwa cy’urukundo

Muri Paruwasi Muyange hasojwe amarushanwa y’utugoroba tw’abana

Mu rwego rwo gukora ikenura-bushyo rwita ku  muryango, Komisiyo y’abana muri Paruwasi ya Muyange  yateguye amarushanwa  y’utugoroba tw’abana muri Paruwasi Muyange afite insanganyamatsiko igira iti:”Twubake umuryango mwiza, isoko y’Ubukristu buhamye “. Muri aya marushanwa yasojwe tariki ya 8/10/2023. Aya marushanwa yari agamije  guhuza abana no kubafasha gusabana,gufasha abana gukura mu kwemera, kwiga indagaciro z’ukwemera, umuco…Continue reading Muri Paruwasi Muyange hasojwe amarushanwa y’utugoroba tw’abana

Paruwase Tyazo yizihije imyaka 11 imaze ishinzwe

Kuri uyu wa 15/8/2023, Paruwasi ya Tyazo yizihije misa yo gushimira Imana ku myaka 11 iyo paruwasi imaze ishinzwe. Ibirori by’uwo munsi byabimburiwe n’gitambo cy’Ukaristiya cyatuwe na Mgr Dieudonné RWAKABAYIZA wari intumwa y’Umwepiskopi muri uwo munsi mukuru. Uwo munsi kandi wabaye umwanya wo guhimbaza yubile y’ imyaka 50 ya korali ABADATEZUKA yo muri Paruwasi Tyazo…Continue reading Paruwase Tyazo yizihije imyaka 11 imaze ishinzwe

Inkoramutima z’Ukaristiya zahuriye i Nyamasheke

Kuva tariki ya 10-13/08/2023, urubyiruko rurenga 400 rwibumbiye mu muryango w’Inkoramutima z’Ukaristiya ruvuye mu madiyosezi yose y’u Rwanda, rwitabiriye ihuriro ry’Inkoramutima ku rwego rw’igihugu ryabereye muri Paroisse Nyamasheke, Diyosezi Cyangugu. Muri iryo huriro habaye umwanya w’inyigisho zirimo izatanzwe na Mgr Edourad Sinayobye Umushmba wa Diyosezi ya Cyangugu, Padiri Gilbert KWITONDA, Omoniye ku rwego rw’igihugu w’Inkoramutima…Continue reading Inkoramutima z’Ukaristiya zahuriye i Nyamasheke