AMASOMO: 1R 17, 17-24; Ps 29; Ga 1, 11-19; Lc 7, 11-17. Niba hari ikintu gitera ubwoba abantu bose aho bava bakagera, ni urupfu. Nta muntu n’umwe udatinya urupfu pe. Dutinya urupfu ku buryo n’iyo ari umuntu wacu umaze kwitaba Imana, hari n’abatinya kumukoraho. Kabonwe na babandi bajya bafata icyemezo cyo kwiyahura, burya nabo ntibiborohera,…Continue reading Tuzirkane icyumweru cya 10 gisanzwe