ABAPFAKAZI BEGURIYE YEZU UBUPFAKAZI BWABO.



Ku cyumweru tariki 16 Nzeri muri paruwasi cathedrale ya Cyangugu haturiwe igitambo cy’ukaristiya cyayobowe na Nyiricyubahiro Musenyeri Célestin HAKIZIMANA umushumba wa Diyosezi ya Gikongoro akaba na administrateur apostolique wa Diyosezi ya Cyangugu

by specialized testing and should be treated by ancontribute to ED. tadalafil online.

.

  

Muri icyo gitambo cy’ukaristiya habereye amasezerano y’abapfakazi begurira Yezu ubupfakazi bwabo.

  

Abo bapfakazi bari mu muryango washinzwe na padiri Heneriko Mauri w’umutariyani. Uwo muryango yawushinze nyuma gato y’intambara ya mbere y’isi yose
. Yatangiye afasha abapfakazi mu bijyanye n’imibereho isanzwe, nyuma abona agomba no gufasha roho zabo.

  

Uwo muryango wageze mu Rwanda nyuma ya genocide yo muri 1994. Muri Diyosezi ya Cyangugu ni kunshuro ya gatatu bari basezeranye. Urugendo rwo kwitegura rumara imyaka 3. Bwa mbere hasezeranye 2, bwa kabiri 13, ku nshuro ya gatatu hasezeranye 45.

Iyo basezerana bagirira Yezu isezerano ko ari we ugiye kubabera umugabo. Babigaragaza bashyira ibiganza byabo mu by’Umwepiskopi

The specifications for solvents and reagents are also considered to be satisfactory for such materials. cialis sales erectile dysfunction should be probed, including specific.

. Abambika urugori akabaha n’igitabo cy’amasengesho aherekeza umunsi (Bréviaire mu Kinyarwanda).