Kuva tariki ya 10-13/08/2023, urubyiruko rurenga 400 rwibumbiye mu muryango w’Inkoramutima z’Ukaristiya ruvuye mu madiyosezi yose y’u Rwanda, rwitabiriye ihuriro ry’Inkoramutima ku rwego rw’igihugu ryabereye muri Paroisse Nyamasheke, Diyosezi Cyangugu. Muri iryo huriro habaye umwanya w’inyigisho zirimo izatanzwe na Mgr Edourad Sinayobye Umushmba wa Diyosezi ya Cyangugu, Padiri Gilbert KWITONDA, Omoniye ku rwego rw’igihugu w’Inkoramutima…Continue reading Inkoramutima z’Ukaristiya zahuriye i Nyamasheke
Category: Non classé
Abakristu ba Paruwasi ya Nyakabuye barakataje mu kubaka Paruwasi yabo
Nyuma y’uko ishinzwe tariki ya 30/8/2015 na Nyiricyubahiro Musenyeri Yohani Damaseni BIMENYIMNA, abakristu ba Paruwasi Nyakabuye ntibahwemye guharanira iterambere rya Paruwasi yabo. Ibyo bigenda bigaragarira mu bikorwa binyuranye by’ikenurabushyo byita kuri roho no ku mubiri bigenda bikorerwa muri iyo Paruwasi. Ku ikubitiro, abakristu ba Paruwasi Nyakabuye bagize uruhare rukomeye mu kubaka amacumbi meza y’abasaseridoti. Nyuma…Continue reading Abakristu ba Paruwasi ya Nyakabuye barakataje mu kubaka Paruwasi yabo
Abagaragu b’inkoramutima bahuriye mu nama kuri Centre Incuti
Uyu munsi tariki ya 17/06/2022, kuri centre de pastorale Incuti, habereye inama yaguye y’Abagaragu b’Inkoramutima z’Ukaristiya (MEJ na RMPP). Muri iyo nama hibanzwe ku kugutegura Umwiherero wo ku rwego rw’igihugu w’Inkoramutima z’Ukaristiya uzabera muri Diyosezi ya Cyangugu mu kiga cy’amashuri cya St Joseph NYAMASHEKE kuva tariki ya 10-13/08/2023, haganiriwe kandi kuri gahunda yo gutangiza urugendo…Continue reading Abagaragu b’inkoramutima bahuriye mu nama kuri Centre Incuti
Ishuri rya G S Ste Marie Merci ryahimbaje umunsi mukuru w’umurinzi waryo
Kuri uyu wa 14/6/2023, muri GS Ste Marie Merci Muyange TSS, habaye ibirori by’impurirane:Igitambo cya Misa cyo gushimira Imana no guhimbaza umurinzi w’ishuri Sainte Marie Merci:Bikiramaliya ugira impuhwe. Muri iyi Misa hatanzwe amasakramentu ku banyeshuri 11,n’umurezi 1 yakirwa muri Kiliziya Gatolika. Muri ibi birori Kandi abize amasomo y’imyuga y’igihe gito bose uko ari 22 bashoje…Continue reading Ishuri rya G S Ste Marie Merci ryahimbaje umunsi mukuru w’umurinzi waryo
I Mushaka hijihijwe umunsi mukuru w’Umutima mutagatifu wa Yezu
Umunsi Mukuru w’Umutima Mutagatifu wa Yezu ku rwego rwa Diyosezi wizihirijwe muri Paruwasi ya Mushaka tariki ya 16/06/2023. Umunsi wabimburiwe n’umuhango wo kwimika mu rugo rw’umukristu wari wabyiteguye. Uyu muhango wayobowe na Padiri Mukuru wa Paruwasi Mushaka, Padiri Aloys NGENDAHAYO, ari nawe Omoniye w’umuryango w’abanyamutima muri Paruwasi ya Mushaka. Hakurikiyeho ikiganiro cyatanzwe na Padiri Omoniye…Continue reading I Mushaka hijihijwe umunsi mukuru w’Umutima mutagatifu wa Yezu